юааamajyaruguruюаб юааgusezeranaюаб юааimbereюаб Yтащamategeko юааbiriюаб Mu юааbyaranzeюаб Ibirori Ibirori byo kwizihiza uwo munsi mu ntara y’amajyaruguru, byaranzwe cyane cyane no gusezerana imbere y’amategeko kw’imiryango yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko y’u rwanda. musanze ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore mu karere ka musanze byabereye mu murenge wa kinigi, aho imiryango 211 yabanaga mu buryo butemewe. Nidufatanya twese, ibibazo bibangamiye umurimo mu ntara y’amajyaruguru bizakemuka.” asoza iyi nama, minisitiri rwanyindo yasabye abakoresha gushyira mu bikorwa imyanzuro ( recommendations ) yafashwe mu rwego rwo kwesa imihigo, yagize ati: “ibiganiro hagati y’abakozi n’abakoresha ndetse na guverinoma bizadufasha kwesa imihigo.
юааamajyaruguruюаб юааgusezeranaюаб юааimbereюаб Yтащamategeko юааbiriюаб Mu юааbyaranzeюаб Ibirori Ni ibirori byaranzwe kandi no gusezerana imbere y’amategeko kw’imiryango ijana na mirongo inani n'itanu (185) yo muri uyu murenge wa rushaki yari isanzwe ibana mu buryo butemewe n'amategeko, yiyemeje kubana mu buryo bwemewe n'amategeko, aho yashyingiranywe imbere y'umwanditsi w'irangamimerere w'akarere ka gicumbi, ari na we muyobozi w'aka. Imiryango 39 yo mu murenge wa nyabimata yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko yasezeranye imbere y’umuyobozi w’akarere ka nyaruguru ihigira kubana naze banarerera igihugu ingirakamaro. ni mu gihe ubuyobozi bw’akarere ka nyaruguru buvuga ko isezerano ry’umugore mu rugo by’umwihariko uwo mu cyaro bimuzamurira agaciro,bikanagabanya. Avuga ku ngamba zigamije gukemura ikibazo cy’imiryango itarasezerana imbere y’amategeko; umuyobozi w’akarere yagize ati:"dushyize imbaraga mu bukangurambaga bwo kuyegera; dusura urugo ku rundi, dufatanyije n’amadini n’amatorero hamwe n’izindi nzego, tukayereka ingero zifatika zabafasha guhindura imyumvire; bakitabira gusezerana. Ibi biganiro kuri ndi umunyarwanda mu ntara y’amajyaruguru byahawe insanganyamatsiko igira iti, ˝ubumwe bwacu, isoko y’iterambere no kubaka u rwanda twifuza.” ni insanganyamatsiko intara yahisemo nyuma y’uko kuwa 25 kanama 2023 isuwe na perezida wa repubulika paul kagame, akaganira n’abavuga rikumvikana bakomoka cyangwa batuye muri.
юааamajyaruguruюаб юааgusezeranaюаб юааimbereюаб Yтащamategeko юааbiriюаб Mu юааbyaranzeюаб Ibirori Avuga ku ngamba zigamije gukemura ikibazo cy’imiryango itarasezerana imbere y’amategeko; umuyobozi w’akarere yagize ati:"dushyize imbaraga mu bukangurambaga bwo kuyegera; dusura urugo ku rundi, dufatanyije n’amadini n’amatorero hamwe n’izindi nzego, tukayereka ingero zifatika zabafasha guhindura imyumvire; bakitabira gusezerana. Ibi biganiro kuri ndi umunyarwanda mu ntara y’amajyaruguru byahawe insanganyamatsiko igira iti, ˝ubumwe bwacu, isoko y’iterambere no kubaka u rwanda twifuza.” ni insanganyamatsiko intara yahisemo nyuma y’uko kuwa 25 kanama 2023 isuwe na perezida wa repubulika paul kagame, akaganira n’abavuga rikumvikana bakomoka cyangwa batuye muri. Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru bwasobanuye uko byagenze ngo umushinga wo kubaka ibiro byari gukoreramo inzego z’ibanze kuva ku mudugudu kugeza ku kicaro cy’iyi intara bidindire, kuko uyu mushinga umaze imyaka ine umuritswe ariko kugeza ubu hakaba nta n’ibuye ry’ifatizo rirashyirwa aho ibi biro bizubakwa. Amakuru yose ku rwanda. amakuru mu byiciro. irembo; amakuru; ntibisanzwe; imikino; imyidagaduro; umutekano.
юааamajyaruguruюаб юааgusezeranaюаб юааimbereюаб Yтащamategeko юааbiriюаб Mu юааbyaranzeюаб Ibirori Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru bwasobanuye uko byagenze ngo umushinga wo kubaka ibiro byari gukoreramo inzego z’ibanze kuva ku mudugudu kugeza ku kicaro cy’iyi intara bidindire, kuko uyu mushinga umaze imyaka ine umuritswe ariko kugeza ubu hakaba nta n’ibuye ry’ifatizo rirashyirwa aho ibi biro bizubakwa. Amakuru yose ku rwanda. amakuru mu byiciro. irembo; amakuru; ntibisanzwe; imikino; imyidagaduro; umutekano.