Ultimate Solution Hub

Iminota 13 Ya Video Yinterahamwe Bishimiye Kwica Abo Basangiye Byose Abatutsi Muri Jenoside

iminota 13 ya video y Interahamwe bishimiye kwica aboођ
iminota 13 ya video y Interahamwe bishimiye kwica aboођ

Iminota 13 Ya Video Y Interahamwe Bishimiye Kwica Aboођ #intsinzitv #genocide #interahamwe. Bamwe mugaragara muriyo video ubu muriyi video urabonamo uruby’iruko n’abana b’interahamwe zakoze jenoside muri 94, ubu biyita urubyiruko rwa diaspora. bamwe mugaragara muriyo video ubu bavuga ko bari bakiri bato igihe bakoraga.

Ministry Of Education Rwanda On Twitter Gtwagirayezu Turibuka
Ministry Of Education Rwanda On Twitter Gtwagirayezu Turibuka

Ministry Of Education Rwanda On Twitter Gtwagirayezu Turibuka Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 13 mata mu 1994, leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba abatutsi hirya no hino mu gihugu. iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. iyicwa ry’abatutsi muri college saint andre i nyamirambo. Kumunsi nk’uyu w’itariki ya 30 mata mu 1994, leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba abatutsi hirya no hino mu gihugu. iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe abatutsi tariki ya 30 mata mu 1994. 1. abatutsi biciwe mu mujyi wa gisenyi, rubavu. urwibutso rwa gisenyi ruherereye aho bise “commune rouge” igihe. Na we yari umurwanashyaka wa pl, utarigeze anezezwa na politiki yo kwimika urwango, bituma muri jenoside yakorewe abatutsi na we yicwa tariki 9 mata 1994. mu banyapolitiki bishwe 13 kigali today ibagejejeho, bamwe bazize ko bari abatutsi abandi bazira ko barangwaga n’imikorere yo kurwanya imitegekere idahwitse y’ubuyobozi bwariho. Nyuma yo kwerekwa filime “miracle and the family”, abanyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye rya "saint andré" riri i nyamirambo batangaza ko bazakora ibishoboka byose kugira ngo jenoside itazongera kubaho ukundi. abanyeshuri biga muri “saint andre” beretswe filime ivuga ku mateka ya jenoside yakorewe abatutsi. iyo filime igaragaza uburyo.

Comments are closed.