Kuboneza Urubyaro Ukoresha Inshinge Youtube Kuboneza urubyaro, inkingi y’iterambere rirambye mu muryango. year of publication: 2019 developed by society for family health, this poster on family planning was developed based on the formative research findings. Madamu jeannette kagame yavuze ko kuboneza urubyaro abantu bose bakwiye kubyumva, nk’umwe mu murongo wo kunoza ejo hazaza ha muntu, kuko bituma umuryango ugira imibereho myiza n’iterambere rirambye. yagaragaje ko kuboneza urubyaro bifitanye isano no guhangana n’imirire mibi, ndetse no guteza imbere abaraturage.
Kuboneza Urubyaro Inkingi Y Iterambere Rirambye Mu Muryango Rwanda Year of publication: 2011. this leaflet was produced by rwanda ministry of health in order to educate the population on the use of family planning methods, including modern and natural mthods. kuboneza urubyaro ni inkingi y’amajyambere arambye : depliant yakozwe na ministere y’ubuzima mu rwego rw’ubukangurambaga bwo gushishikariza no. By urungano initiative. we provide reliable and evidence based srhr information. bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro bukunzwe cyane mu rwanda ni urushinge rw’amezi 3 ruzwi nka depo provera ( mu ndimi z’amahanga). uburyo bwo kuboneza urubyaro bukoresha inshinge nabwo ni mu buryo bukoresha imisemburo. Ÿincuro ya 3 ikorwa hagati y'iminsi 7 na 14, igakorerwa mu rugo n'umujyanama, kubyarira kwa muganga, bigabanya ibyago by’impfu z’abana n’ababyeyi. Ÿmubyeyi, fatanya nuwo mwashakanye guhitamo uburyo bwo kuboneza urubyaro ukimara kubyara, bigufasha kubona umwanya wo kwiyitaho, kutabyara indahekana, kwita ku muryango maze mukiteza imbere. Babitangaza mu gihe aka karere kakiri inyuma muri gahunda yo kuboneza urubyaro ugereranije n’impuzandengo u rwanda rugezeho. nyabihu iri kuri 49% mu gihe impuzandengo rusange y’u rwanda iri hejuru ya 50%. habimana innocent, umwe mu baturage b’akarere ka nyabihu, avuga ko bigoye ku muturage kugira ngo atere imbere ataboneje urubyaro mu.
Kuboneza Urubyaro Bituma Umuryango Ugira Iterambere Rirambye Madamu Ÿincuro ya 3 ikorwa hagati y'iminsi 7 na 14, igakorerwa mu rugo n'umujyanama, kubyarira kwa muganga, bigabanya ibyago by’impfu z’abana n’ababyeyi. Ÿmubyeyi, fatanya nuwo mwashakanye guhitamo uburyo bwo kuboneza urubyaro ukimara kubyara, bigufasha kubona umwanya wo kwiyitaho, kutabyara indahekana, kwita ku muryango maze mukiteza imbere. Babitangaza mu gihe aka karere kakiri inyuma muri gahunda yo kuboneza urubyaro ugereranije n’impuzandengo u rwanda rugezeho. nyabihu iri kuri 49% mu gihe impuzandengo rusange y’u rwanda iri hejuru ya 50%. habimana innocent, umwe mu baturage b’akarere ka nyabihu, avuga ko bigoye ku muturage kugira ngo atere imbere ataboneje urubyaro mu. Imvo n’imvano y’uyu munsi tariki 3 12 2022 yibanze ku mpaka niba bikwiye ko mu rwego rwo kurwanya ikibazo cy’abakobwa baterwa inda bakiri bato mu rwanda, itegeko rigenga kuboneza urubyaro. Ikibazo cyo kuboneza urubyaro akenshi usanga kitavugwaho rumwe n’abanyamadini n’amatorero, ahanini bitewe n’uburyo butandukanye bukoreshwa ku bashaka kuboneza urubyaro, burimo gufata ibinini, inshinge, agapira gashyirwa mu kuboko kw’umugore, agashyirwa muri nyababyeyi, ndetse n’ubwo gufunga burundu abagabo.
Ingaruka Zтащuburyo Bumwe Bwo юааkubonezaюаб юааurubyaroюаб Ntizagateye Impungenge Imvo n’imvano y’uyu munsi tariki 3 12 2022 yibanze ku mpaka niba bikwiye ko mu rwego rwo kurwanya ikibazo cy’abakobwa baterwa inda bakiri bato mu rwanda, itegeko rigenga kuboneza urubyaro. Ikibazo cyo kuboneza urubyaro akenshi usanga kitavugwaho rumwe n’abanyamadini n’amatorero, ahanini bitewe n’uburyo butandukanye bukoreshwa ku bashaka kuboneza urubyaro, burimo gufata ibinini, inshinge, agapira gashyirwa mu kuboko kw’umugore, agashyirwa muri nyababyeyi, ndetse n’ubwo gufunga burundu abagabo.
Kuboneza Urubyaro Bituma Umuryango Ugira Iterambere Rirambye Madamu