Ultimate Solution Hub

Kumenya Kubara No Kwishyura Avansi Ya 1 Y Umusoro Ku Nyungu Za 2

kumenya kubara no kwishyura avansi ya 1 y umusoro
kumenya kubara no kwishyura avansi ya 1 y umusoro

Kumenya Kubara No Kwishyura Avansi Ya 1 Y Umusoro A. kurikira:1. kuba ari ikigo cyishyura umusoro ku nyungu z’ama. os. ete;2. kuba akora ibaruramari akurikije amahame y’ibaruramari y. mewe;3. kuba agaragaza impamvu zifatika zo guhindurirwa igihe cy’umusoro. umusoro ku nyungu w’umwaka umen. Kumenya kubara no kwishyura avansi ya 1 y'umusoro ku nyungu za 2020.

Rwanda Revenue Authority On Twitter Uyu Munsi Twagiranye Inama
Rwanda Revenue Authority On Twitter Uyu Munsi Twagiranye Inama

Rwanda Revenue Authority On Twitter Uyu Munsi Twagiranye Inama Hakurikijwe ingingo ya 50 y’itegeko no 016 2018 rishyiraho imisoro ku musaruro ‘umusoreshwa wakiriye inyungu isoreshwa ategura imenyekanisha ry’umusoro ry’umwaka akurikije uburyo bugenwa n’ubuyobozi bw’imisoro kandi akoherereza rimwe n’iryo menyekanisha, ifoto y’umutungo, ibarura ry’inyungu n’igihombo by’igihe cy’umusoro, imigereka ijyanye na byo, hamwe n’indi. Komiseri w'imisoro y'imbere mu gihugu muri rra, batamuliza hajara, yavuze ko ababonye inyungu mu mwaka wa 2023 cyangwa abandikishije ubucuruzi muri uwo mwaka bakaba baramenyekanishije umusoro ku nyungu bwa mbere mu kwa 3, 2024, bagomba kumenyekanisha iyi avansi. Igihe ntarengwa: abakoresha bishyura umusoro ufatirwa hakurikijwe igika cya mbere cy’iyi gingo bagomba, mu gihe cy’iminsi cumi n'itanu (15) ikurikira impera ya buri kwezi. ku basora bafite umubare w’amafaranga bakoresha buri mwaka ungana cyangwa uri munsi ya 200.000.000 frw, umusoro ufatirwa ku mushahara wishyurwa buri gihembwe ugatangwa. Nk’uko bitangazwa n’ikigo cy’imisoro n’amahoro (rra), avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu imenyekanishwa hashingiwe ku byacurujwe mu kwezi kwa mbere, ukwa kabiri n’ukwa gatatu muri uyu mwaka w’2023, bigakorwa unyuze ku rubuga rwa rra rra.gov.rw cyangwa se ukoresheje telefone igendanwa, hanyuma iyo avansi ikishyurwa bitarenze tariki 30 z’ukwezi kwa gatandatu 2023.

kwishyura umusoro ku nyungu Iminsi Isigaye Irabarirwa ku Ntoki Youtube
kwishyura umusoro ku nyungu Iminsi Isigaye Irabarirwa ku Ntoki Youtube

Kwishyura Umusoro Ku Nyungu Iminsi Isigaye Irabarirwa Ku Ntoki Youtube Igihe ntarengwa: abakoresha bishyura umusoro ufatirwa hakurikijwe igika cya mbere cy’iyi gingo bagomba, mu gihe cy’iminsi cumi n'itanu (15) ikurikira impera ya buri kwezi. ku basora bafite umubare w’amafaranga bakoresha buri mwaka ungana cyangwa uri munsi ya 200.000.000 frw, umusoro ufatirwa ku mushahara wishyurwa buri gihembwe ugatangwa. Nk’uko bitangazwa n’ikigo cy’imisoro n’amahoro (rra), avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu imenyekanishwa hashingiwe ku byacurujwe mu kwezi kwa mbere, ukwa kabiri n’ukwa gatatu muri uyu mwaka w’2023, bigakorwa unyuze ku rubuga rwa rra rra.gov.rw cyangwa se ukoresheje telefone igendanwa, hanyuma iyo avansi ikishyurwa bitarenze tariki 30 z’ukwezi kwa gatandatu 2023. Rra ivuga ko hari abacuruzi yaretse gukurikirana ku myenda bari bayifitiye. rwanda revenue ivuga ko izo konti (tin) zasinzirijwe (zahagaritswe gukomeza kubara imisoro), ariko ko ba nyirazo bagomba kwishyura ibirarane n’ibihano by’ubukererwe, batewe no kudasorera ku gihe cyangwa gutinda kumenyekanisha ko utakoze. Ngo ntibagomba gutegereza ‘ifirimbi ya nyuma.’ mu ntangiriro za gicurasi, ikigo cy’imisoro n’amahoro cyari cyasohoye itangazo ryibutsa abasora ko igikorwa cyo kumenyekanisha no kwishyura avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu gikorwa mu gihe cy’amezi atatu, kikaba kigomba kuba cyarangiye hagati ya mata na kamena 2022.

Comments are closed.