Ultimate Solution Hub

Manirakiza Theogene Umunyamakuru Wa Ukwezi Tv Yazize Iki Hrw Yasohoye

umunyamakuru manirakiza Thг Ogгёne Yafunguwe Kigali Today
umunyamakuru manirakiza Thг Ogгёne Yafunguwe Kigali Today

Umunyamakuru Manirakiza Thг Ogгёne Yafunguwe Kigali Today Umunyamakuru m.theogene yatawe muri yombi yakira indonke, human rights watch raporo yakoze uyu umwaka menya yarayihawe na ingabire victoire #kigalirwanda #rw. Ubushinjacyaha mu rukiko rw’ibanze rwa kagarama mu mujyi wa kigali bwasabiye umunyamakuru théogène manirakiza gufungwa muri gereza mu gihe cy’iminsi 30 hategerejwe ko urubanza rwe ruburanishwa. manirakiza, ufite urubuga rwa ukwezi tv, amaze ibyumweru bibiri atawe muri yombi. ubwo yatabwaga muri yombi, urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwari rwavuze ko yafatiwe mu cyuho.

umunyamakuru manirakiza Thг Ogгёne Yagejejwe Mu Rukiko вђ Flash Radio tv
umunyamakuru manirakiza Thг Ogгёne Yagejejwe Mu Rukiko вђ Flash Radio tv

Umunyamakuru Manirakiza Thг Ogгёne Yagejejwe Mu Rukiko вђ Flash Radio Tv Manirakiza théogène. umuvugizi wa rib, dr murangira b. thierry, yatangarije kigali today ko manirakiza théogène yafatiwe mu karere ka kicukiro, mu murenge wa kicukiro tariki 10 ukwakira 2023, ubwo yakiraga ayo mafaranga. ati “iperereza rirakomeje, théogène afungiye kuri sitasiyo ya rib ya kimihurura mu gihe dosiye ye iri gutunganywa ngo. Urukiko rw’ibanze rwa kagarama mu mujyi wa kigali rumaze kwemeza ko umunyamakuru manirakiza theogene akomeza gufungwa by’agateganyo nyuma yo kwemeza ko ahamwa n’icyaha cyo gukangisha gusebanya . Urukiko rw’ibanze rwa kicukiro kuri uyu wa gatatu tariki 25 ukwakira 2023, rwategetse ko umunyamakuru akaba afite n’umuyoboro wa witwa ukwezi tv, manirakiza théogène, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Umunyamakuru manirakiza we ahakana iki cyaha aregwa, akavuga ko amafaranga ibihumbi magana atanu (500,000) yafatanywe yari ay’ubwishyu bushingiye ku masezerano yabayeho hagati y’impande zombi.

Rwanda umunyamakuru manirakiza theogene Akatiwe Gufungwa Iminsi 30
Rwanda umunyamakuru manirakiza theogene Akatiwe Gufungwa Iminsi 30

Rwanda Umunyamakuru Manirakiza Theogene Akatiwe Gufungwa Iminsi 30 Urukiko rw’ibanze rwa kicukiro kuri uyu wa gatatu tariki 25 ukwakira 2023, rwategetse ko umunyamakuru akaba afite n’umuyoboro wa witwa ukwezi tv, manirakiza théogène, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Umunyamakuru manirakiza we ahakana iki cyaha aregwa, akavuga ko amafaranga ibihumbi magana atanu (500,000) yafatanywe yari ay’ubwishyu bushingiye ku masezerano yabayeho hagati y’impande zombi. Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, rib, rwataye muri yombi umunyamakuru manirakiza théogène washinze ikinyamakuru ukwezi kinafite umuyoboro wa witwa ukwezi tv. akurikiranyweho icyaha cya ruswa. rib yatangaje ko manirakiza yafunzwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho yakira ruswa ya 500.000 frw ngo adatangaza inkuru. umuvugizi wa rib, dr murangira b. thierry ntiyasobanuye byimbitse. Ubushinjacyaha mu rukiko rw’ibanze rwa kagarama mu mujyi wa kigali bwasabiye umunyamakuru théogène manirakiza gufungwa muri gereza mu gihe cy’iminsi 30 hategerejwe ko urubanza rwe ruburanishwa .

manirakiza theogene umunyamakuru wa ukwezi tv yazize ik
manirakiza theogene umunyamakuru wa ukwezi tv yazize ik

Manirakiza Theogene Umunyamakuru Wa Ukwezi Tv Yazize Ik Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, rib, rwataye muri yombi umunyamakuru manirakiza théogène washinze ikinyamakuru ukwezi kinafite umuyoboro wa witwa ukwezi tv. akurikiranyweho icyaha cya ruswa. rib yatangaje ko manirakiza yafunzwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho yakira ruswa ya 500.000 frw ngo adatangaza inkuru. umuvugizi wa rib, dr murangira b. thierry ntiyasobanuye byimbitse. Ubushinjacyaha mu rukiko rw’ibanze rwa kagarama mu mujyi wa kigali bwasabiye umunyamakuru théogène manirakiza gufungwa muri gereza mu gihe cy’iminsi 30 hategerejwe ko urubanza rwe ruburanishwa .

Comments are closed.