Video Meddy Yasohoye Indirimbo Nshya Igicumbi News Umuhanzi ngabo médard jobert [meddy], umuririmbyi umaze kubaka ibigwi mu mu muziki w’u rwanda no hanze y’iki gihugu mu ijoro ryakeye kuwa gatandatu tariki 9 ugushyingo 2019 yataramiye imbaga y’abakunzi b’umuziki muri tanzania nu gitaramo cya wasafi festival cyari amazina y’abahanzi bakomeye muri afurika no kurwego rw’isi. Umuhanzi ngabo médard jobert [meddy], umuririmbyi umaze kubaka ibigwi mu mu muziki w’u rwanda no hanze y’iki gihugu mu ijoro ryakeye kuwa gatandatu tariki 9 ugushyingo 2019 yataramiye imbaga y’abakunzi b’umuziki muri tanzania nu gitaramo cya wasafi festival cyari amazina y’abahanzi bakomeye muri afurika no kurwego rw’isi.
Meddy Yataramiye Abanya Tanzania Mu Gitaramo Mbaturamugabo Cya Wasafi 4. diamond platnumz yaririmbye ’why’ bizamura amarangamutima y’abanyarwanda bari buzuye bk arena. the ben amaze iminsi mu myiteguro y'ubukwe afite mu ukuboza kwa 2023. ku buryo atari kugaragara mu bikorwa bya muzika ariko hari amakuru avuga ko azaririmba mu gitaramo cya boyz 2 men. 5. Umushinga w’indirimbo meddy yakoranye na diamond platnumz na wo watunganyirijwe muri tanzania. inzira ya meddy muri tanzania yaharuwe n’indirimbo ye yise “slowly”. ibinyamakuru bya wasafi ya diamond, bitangaza ko meddy yatumiwe mu iserukiramuco rya wasafi, byavugaga ko ari umuhanzi wo mu rwanda ukunzwe mu njyana ya r&b uzwi cyane mu. Umuhanzi wo muri tanzania diamond platnumz yataramiye imbaga y'abitabiriye igitaramo cyabereye mu mujyi wa mwanza muri tanzania cyo kumurika abahanzi bazatarama mu iserukiramuco rya 'wasafi festival 2023' maze ahita agaruka i kigali. ibi byabaye nyuma yuko yari amaze gutaramira urubyiruko rwateraniye muri kigali arena mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko. ku munsi w'ejo. 1,438 likes, 0 comments isimbi tv on june 22, 2024: "amafoto: mu ijoro ryacyeye tanasha donna yataramiye abanya kigali mu gitaramo cye cya mbere, aho yari ashyigikiwe n’abarimo bushali, jeannine noach wakanyujijeho mu rukundo na cyusa ibrahim n'umunyamideli sacha kate. iki gitaramo cyabereye i nyamirambo mu kabyiniro kitwa ‘b lounge’, n'ubwo cyitabiriwe n’umubare munini w’abantu.