Ultimate Solution Hub

Perezida Kagame Akaba Numugaba Wikirenga Wingabo Zu Rwanda Yayoboye Inama Nkuru Ya Gisirikare

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri kigali today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, turabashimiye . perezida paul kagame, akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u rwanda, kuri uyu wa gatatu tariki 15 ugushyingo 2023 yayoboye inama nkuru ya gisirikare. Perezida paul kagame, akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u rwanda, kuri uyu wa gatatu tariki 15 ugushyingo 2023 yayoboye inama nkuru ya gisirikare. ni inama yitabiriwe n’abasirikari bakuru bakiri mu nshingano n’abasezerewe, baturutse mu nzego zitandukanye z’umutekano, zirimo ingabo z’igihugu (rdf), polisi y’u rwanda (rnp) urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (rib.

Perezida kagame akaba n'umugaba w'ikirenga w'ingabo z'u rwanda, yayoboye inama nkuru ya gisirikare yitabiriwe n'abasirikari bakuru bakiri mu nshingano n'abasezerewe, abayobozi bakuru muri polisi y'u rwanda, abo mu rwego rw'igihugu rushinzwe iperereza n'umutekano, abo mu rwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha n'abo mu rwego rw'igihugu rushinzwe igorora. Perezida wa repubulika y’u rwanda, paul kagame, akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u rwanda, yayoboye inama ihuza abayobozi bakuru b’ingabo z’u rwanda. Perezida kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare, bahabwa amapeti guhera ku bari bafite irya brigadier general bagizwe major general. izi mpinduka mu kuzamura mu ntera aba basirikare mu ngabo z’u rwanda, zatangajwe n’igisirikare cy’u rwanda, kuri uyu wa kabiri tariki 19 ukuboza 2023. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 ugushyingo, perezida wa repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u rwanda (rdf) paul kagame, yayoboye inama nkuru y’ubuyobozi bw’inzego z’umutekano z’u rwanda. ni inama yitabiriwe na ba ofisiye bakuru mu ngabo z’u rwanda, ba ofisiye bakuru baturutse muri polisi y’u rwanda, abayobozi b’urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza n.

Comments are closed.