Ultimate Solution Hub

Rutsiro Kivumu Abakobwa Badafite Amafaranga Yo Guhonga Abasore Ngo

rutsiro Kivumu Abakobwa Badafite Amafaranga Yo Guhonga Abasore Ngo
rutsiro Kivumu Abakobwa Badafite Amafaranga Yo Guhonga Abasore Ngo

Rutsiro Kivumu Abakobwa Badafite Amafaranga Yo Guhonga Abasore Ngo Mu karere ka rutsiro umurenge wa kivumu abakobwa bageze mu gihe cyo gushaka abagabo barahangayitse nyuma y’uko bamwe mu abasore bemera kubashaka aruko bisabye ikiguzi. bamwe mu bakobwa baganiriye n’umunyamakuru, bavuga ko uyu muco ukomeje gukura aho ngo usanga umukobwa udafite amafaranga nibura hagati ya 200000frw na 300 000frw adashobora. Abakobwa badafite akazi cyangwa andi mikoro ngo nibo bigora cyane, aho bahoza ku nkeke ababyeyi babo ngo babahe ayo mafaranga kugira ngo babone abagabo. umubyeyi witwa nyirasafari cecile, avuga ko bibagoye cyane, kuko bimaze kubamaraho umutungo, kuko ngo bamwe basigaye banagurisha ibyo batunze kugira ngo abakobwa babo batagumirwa.

юааamafarangaюаб Yaradushiranye Arambaza юааngoюаб Ese Uzansigaёяшн юааabakobwaюаб Bikigihe
юааamafarangaюаб Yaradushiranye Arambaza юааngoюаб Ese Uzansigaёяшн юааabakobwaюаб Bikigihe

юааamafarangaюаб Yaradushiranye Arambaza юааngoюаб Ese Uzansigaёяшн юааabakobwaюаб Bikigihe Bahangayikishijwe n'ikimasa cyo guhonga abasore (photo radio tv10) ababyeyi bafite abana b’abakobwa mu murenge wa mushubati mu karere ka rutsiro bararira ayo kwarika, ni nyuma yo guhangayikishwa n’ikimasa bahonga umusore kugira ngo arongore umukobwa urengeje imyaka 25. Bibukwishaka gad ushinzwe gukwirakwiza ibicuruzwa bya mtn muri zone ya kivumu mu karere ka rutsiro yatangiriwe n’abajura ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki 22 05 2013 bamutwara amakarita yo guhamagara, simukadi n’amafaranga byose hamwe bifite agaciro k’ibihumbi 225. Abakobwa bageze igihe cyo kurongorwa cyangwa ibizwi nko gushinga urugo, batangaje ko babangamiwe n’abasore babanza kubaka amafaranga. mu karere ka rutsiro ho mu ntara y’uburengerazuba bw’u rwanda, hari bamwe mu bakobwa bavuga ko babangamiwe n’amafaranga ibihumbi 300 frw y’u rwanda bakwa n’abasore mu gihe bagiye gushingana urugo. Nyina w’umukobwa ngo hari n’abari bamaze kumutwerera amafaranga arayabasubiza, abandi bagombaga kumutwerera arabahakanira, ababwira ko ubukwe butakibaye, ibi ngo bikaba byaramuteje igihombo gikomeye. muri ako gace havugwa abakobwa baha amafaranga abahungu kugira ngo bakunde babatware.

Comments are closed.