Ultimate Solution Hub

Sobanukirwa Icyo Umufasha Bisobanuye N Agaciro K Umugore Mu Muryango

#familypillars # 250783817067 # 250789632874 #facts #family #dating #subscribetugushimiye ko wahisemo kureba iki kiganiro n'ibindi biganiro binyura kuri #fa. Umugabo yagombaga gukora ku buryo abana n’umugore baticwa n’inzara, batambara ubusa. iyo umugore yambaraga nabi, hagawaga umugabo kuko bavugaga ko atita ku mugore we. n’abana. 1. umugore na we yari afite inshingano yagenerwaga n’umuco. icya mbere umugore yashingwaga n’umuco ni ukurera abana.

Gucura k’umugore (ménopause) ni igihe umugore ageze aho gusama biba bitagishoboka kuko imisemburo imwe n’imwe ituma intanga ngore zikorwa neza iba itagitangwa neza bityo bikaba byatuma atanasama.iki gihe no kujya mu mihango birahagarara. ni ibintu bisanzwe biba k’umugore iyo atangiye kugeza mu myaka ya za mirongo itanu. Imana ntidusaba icyo tutashobora gukora mu mbaraga zayo, kandi nta n’icyo idusaba kitagamije icyiza kuri twe no ku bana bacu.” gambirira ibihanitse birenze urugero rw’abisi. urugo rwa gikristo, p.259 260 “umubyeyi w’umugore ntakwiriye kuyoborwa n’ibitekerezo by’ab’isi, kandi ntakwiriye no gukora agamije kugera ku rugero isi. Twibutse nanone ko intangangabo iyo zigeze mu mugore zimara iminsi 4 zikiri nzima zitegereje intangangore. dusubiye inyuma rero uteranyije ni iminsi 6 (2 intangangore imara ikiri nzima na 4 intangangabo zimara), ukongeraho undi munsi w’icyizere cyuzuye ikaba iminsi 7. Ibyo iyo ubirangije, ufata gusa iminsi yabaye myinshi n’iminsi yabaye mikeya. niba wabonye wenda 29, 31, 26, 30, 22 ubwo uzafata gusa 22 na 31. noneho kuri ya minsi myinshi uzakuramo 11 naho ku micyeya ukuremo 18. ku rugero rwacu, 31 11=20 naho 22 18=4. nukuvugako uyu muntu iminsi ye y’uburumbuke ihera ku munsi wa 4 ahereye ku munsi.

Twibutse nanone ko intangangabo iyo zigeze mu mugore zimara iminsi 4 zikiri nzima zitegereje intangangore. dusubiye inyuma rero uteranyije ni iminsi 6 (2 intangangore imara ikiri nzima na 4 intangangabo zimara), ukongeraho undi munsi w’icyizere cyuzuye ikaba iminsi 7. Ibyo iyo ubirangije, ufata gusa iminsi yabaye myinshi n’iminsi yabaye mikeya. niba wabonye wenda 29, 31, 26, 30, 22 ubwo uzafata gusa 22 na 31. noneho kuri ya minsi myinshi uzakuramo 11 naho ku micyeya ukuremo 18. ku rugero rwacu, 31 11=20 naho 22 18=4. nukuvugako uyu muntu iminsi ye y’uburumbuke ihera ku munsi wa 4 ahereye ku munsi. Kuba umugore ari umufasha w’umugabo nkuko byanditse muri bibiliya itangiriro 2:28 “nuko imana iravuga iti, si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye, izindi bibiliya zikavuga “umugore umubereye ” ni bimwe mu bintu bikunze kugarukwaho no kutumvikanwaho iyo abantu basobanura uburinganire bihereye kuri bibiliya. Ubwo iminsi ye y’uburumbuke ni ukuva k’umunsi wa 9 kugera k’umunsi wa 19. icyitonderwa: kuri ubu buryo 2 bubanza, igihe cy’irekurwa ry’intangangore gishobora kuba mbere cyangwa nyuma y’igihe cyakagombye, kubera impamvu nyinshi nko kunywa inzoga, gukora imirimo y’ingufu, kugira impagarara ( stress ), indwara runaka, guhindura.

Comments are closed.