Mu Karere Ka Gasabo Hijihijwe umunsi wo kwibohora Ku Nshuro Ya 28
Mu Karere Ka Gasabo Hijihijwe Umunsi Wo Kwibohora Ku Nshuro Ya 28 #f1rwtv #tayodtv #filmnyarwanda. Ku wa 04 07 2022, mu karere ka nyamagabe hizihijwe umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 28. ni umunsi wizihirijwe mu mirenge yose y’akarere. ku rwego rw’akarere byabereye mu murenge wa kitabi, akagali ka shaba ahatashywe umuyoboro w’amashanyarazi gasarenda nkumbure shaba.
umunsi Wo Kwibohora 28 Urugendo Rwo Kwibohora Rwamagana
Umunsi Wo Kwibohora 28 Urugendo Rwo Kwibohora Rwamagana Kwibohora 28: ibirori byaranzwe no gutaha ibikorwa remezo, guhana inka no kwishimira ibyagezweho. hirya no hino mu tugari twose tugiza akarere ka gisagara hijihijwe umunsi mukuru wo kwibohora28, abaturage bishimira ibikorwa binyuranye by'iterambere n'imibereho myiza bagezeho babikesha ubuyobozi bwiza. henshi muri ibi birori habayemo ibikorwa. #kwibohora28: mbere yo kwiizhiza isabuku ya 28 y’umunsi mukuru wo kwibohora mu karere ka ngororero hatashywe ibikorwa remezo bitandukanye bigaragaza aho akarere kageze mw’iterambere. ibyo ni nk’irerero ry’incuke, ibiraro byo mu kirere, umuyoboro w’amazi, amacumbi y’abanyeshuli muri tvet muhororo, ishuli rigeretse g 1 mu murenge wa. Kuri iki cyumweru tariki ya 03.07.2022, mu karere ka kayonza hakozwe urugendo rwo kwishimira ibyagezweho muri iyi myaka 28 u rwanda rumaze rwibohoye. ni urugendo rwitabiriwe n’abantu b’ingeri nyinshi zitandukanye nk’abadepite, abagize inama njyanama, komite nyobozi y’akarere, abagize inzego z’umutekano, abo mu rugaga rw’abikorera. Kuri uyu wa 4 nyakanga, u rwanda rwizihije umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 28. ni itariki idasanzwe ku rwanda kuko ari ho ingoyi yacitse, abari ishyanga bagataha mu rwagasabo, u rwanda rugana intsinzi. u rwanda rwa none ni umusaruro w’ubutwari n’ubwitange abari mu nkotanyi bagaragaje ku rugamba rwo kubohora igihugu.