Ultimate Solution Hub

Wari Warahishwe Byinshi Sobanukirwa Uko Umukobwa Cyangwa Umugore Wawe

wari Warahishwe Byinshi Sobanukirwa Uko Umukobwa Cyangwa Umugore Wawe
wari Warahishwe Byinshi Sobanukirwa Uko Umukobwa Cyangwa Umugore Wawe

Wari Warahishwe Byinshi Sobanukirwa Uko Umukobwa Cyangwa Umugore Wawe Ibyo iyo ubirangije, ufata gusa iminsi yabaye myinshi n’iminsi yabaye mikeya. niba wabonye wenda 29, 31, 26, 30, 22 ubwo uzafata gusa 22 na 31. noneho kuri ya minsi myinshi uzakuramo 11 naho ku micyeya ukuremo 18. ku rugero rwacu, 31 11=20 naho 22 18=4. nukuvugako uyu muntu iminsi ye y’uburumbuke ihera ku munsi wa 4 ahereye ku munsi. Buri mukinnyi afite uko yitegura umukino n'uko awukina bigendanye n'aho yitoroje cyangwa n'uwamutoje, gusa burya uko uhagarara n'umwanya usiga hagati y'amaguru yawe bifite igisobanuro gikomeye mu buryo witwara mu gitanda cyangwa uko ushobora kuzitwara niba utarageza igihe ngo ubyemererwe n'amategeko.

wari Uzi Ko Amacandwe Y Umuntu Afite Asobanuye byinshi Ku Mibereho Ye
wari Uzi Ko Amacandwe Y Umuntu Afite Asobanuye byinshi Ku Mibereho Ye

Wari Uzi Ko Amacandwe Y Umuntu Afite Asobanuye Byinshi Ku Mibereho Ye Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke. reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe uko wabara ukwezi k’umugore cyangwa umukobwa. Uzumva akenshi akunda no kukubaza uko umukobwa ukunda cyangwa wakunda yaba ateye n’imico igomba kumuranga. ibi bimufasha kumva niba hari ingeso udakunda yaba afite yamubuza kukugiraho umukunzi. 8.umunsi w’amavuko. umukobwa ukwiyumvamo aba azi byinshi bikwerekeyeho kugeza ku munsi wavukiyeho cyangwa indi minsi ifite icyo ivuze mu buzima bwawe. Sobanukirwa n’imikorere y’agakoresho gapima ko waba warasamye inda. yanditswe na: seleman nizeyimana. taliki:16 07 2015 16:12 14. ni kenshi umugore cyangwa umukobwa ashobora gusama ariko ntabimenye ndetse akibaza byinshi bitewe n’ibimenyetso afite cyangwa yiyumvamo mu mubiri we, muri iyi nkuru birasobanutse neza uko umuntu ashobora. Erega musore, umukobwa mukundana ntashaka kuba umukunzi wawe gusa, ahubwo anashaka kukubera inshuti magara kandi kumubwira ko ari inshuti nziza biramunezeza. nagira ibyo agufasha gukora, uzakoreshe aka kajambo n’ubwo yaba yagufashije akantu gato. 3.ndakwizera byuzuye. nta mugore wifuza kuba kumwe n’umugabo utamwizera byuzuye.

Comments are closed.